Easy words, word repetition, less than 250 words
Ijwi ni iki, uyu ni nde?
Ese ibiruhuko byawe ubikoresha gute? Egera abantu usanga muri iki gitabo ukurikirane uko basobanura ibintu bakora mu biruhuko byabo.
Nyina wa Anil ati Oya ntabwo ari iyo,igihe amubajije ikintu.Oya ntabwo ari icyo!”Abacuruzi bose mu isoko ni uko bari kuvuga.Ibyo bikarakaza uwo muhungu muto.
Kuri we, ni umunsi wa mbere wo kujya ku ishuri. Arifuza kwambara imyenda y’ishuri ariko buri wese arahuze ku uburyo adashobora kumwambika. Ese Umurerwa arashobora kwiyambika?
Kanyana afite ipusi. Umunsi umwe, yavuye ku ishuri ntiyashobora kubona ipusi ye. Ubwo yarimo ashakisha ipusi ye, yabonye amoko menshi y’injangwe ariko muri izo njangwe nta pusi ye yari irimo. Ese araza kubona ipusi ye? Soma wirebere.
Urashobora kuvuga abo mu muryango abarebaren’abagifi? Iki gitabo cyerekana igitekerezo ku kinyuranyo – Gakuru na Gatoya – binyuze mubagize umuryango w’umwana.
Se wa Rukundo afata utunyoni akadushyira mu tuzu twabugenewe. Rukundo akunda gutega amatwi inyoni ziririmba. Gusa umunsi umwe izo nyoni zanze kuririmba. Ese Rukundo azashobora kongera gutuma ziririmba na none?
Umugabo ari hanze mu busitani, acukura anabiba, igihe imvura itangiye kugwa , ibintu bidasanzwe biraba…..bimeze nk’amafi amanuka mu kirere!
Umukobwa uvugwa muri iyi nkuru, buri munsi agira ibyo yigira kuri nyina. Ubu azi gukora ibintu byinshi. Ni ibihe washobora gukora muri ibi?
By navigating this website, you agree to the storing of cookies on your device to enhance site navigation and analyze site usage.